Isura ya 6

1 Ifatirira nuti kurikire ikorabi zahara bandu ikibwedekana ikibwerekana mubidikibasyo ivakwandata womwabigu, 2 utyobasiwayehana nutipige iguga nekirata gabadu batakize rirehamurusiro, Igidagubandu basimebo mabwirabo bamefata bihembo byabo. 3 Ariko washeke hana maturo kuboko kwawe kwa rutandi nikutimenye byara wametanga, 4 Igira ngubone bihembo mbawe uhabwebihembo, Bamuhebwokubanga nihotata arora akakuha bihembo byawe.

5 Washake senga utaba nga babesyi, kubera banakipendezera igira barebe bo tubagagamudu ukudileka dinatakudile kubera banakunda ihagarara nesega kumahemedo nanzisiso igira gubandu inye abwabwida nikudi babwene bihembo mbabo, 6 Arikowoyo waya mumahemo niwakigo orunzi rwawe uheme kwatata wawe ariyesisi nihatata akaku ebihembo bwawe, 7 Naurimumahemo nutishushube mwamahemo matawetekamado gabadu babamataifa niba gidambuba yuvikahe kubwishi nabinyabigi, 8 Tutaba ngabagabo bano, kubera tata ana menya byokenere amenyakifuszo kyawe nakiro ngutetsi wa hema. 9 Tuhema 'Tata wetu urimwijuru, itsina ryawe yi habwe kyubahiro,
10 Bwami bwawe buyiche. Bushake bwawe bukore hano ku si nga mwijuru.
11 Utuhe none byerya bya buri musi.
12 Utubabarire kubyaha byetu, ngakura natwe tunababarira batuhemukire
13 Utatureka ngu tube mubibazo ariko utukuse iva mumaboko ga shetani.

14 Niba mwangabarira bandu byaha byabo, Data uri mwijuru naye akatubabarira. 15 Ariko niba mutababarire bo byahabyabo namwe isho wenju atubabaline byaha byenyu

16 Iringa ufite njara, nutigire sura nga yo babesyi bafite mujinja nga bapagani byanabanakola kubela bana tsibuka igila ngubandu barebo kuba fungile kuli angubwila kubabwe bihembo byabo 17 Aliko iwewe alinga wamefunga shiga mavuta momutwe gwa we ne kalaba momesho gawe 18 Ibyobita ngakubwelekana imbela ya bandu na shoulimwerba mubanga na shoulimwereba mubaga akakuha bihembo byawe

19 Uta kibikirage wenyine kindu kosi yi, hara nyenzi na kutu bya nga bisyabo, hara bezi bangahitabyo ne yibabyo, 20 Kwibyebyo, kibikine wenyine bindubyawe mwijuru, hara nyenzi kya ngwa kutu batanga bishobyo, na bara bezi batanga bisya neyiba, 21 Kubera bindu byawe habini, niho harabini niho no mutima gwawe gubaba kuri.

22 Risho nitara nyamubini kwibyo niba risho ryawe ninizima, mubira goshegakayujura bimone, 23 Ariko niba risho ayawe rihumire, mubiri gwawego sheguka gujurajoro ringi, kwibye, riba kimore kyokiri mwiwe ni kicuku kyete, ni kicuku kingamote!

24 Ndanamuguma wa kyote ryashobere tu nikira bagabo babiri, kubera abazira muguma ne kunda owundi, Mutanga sho bora ikorera si na Mana.

25 Kwibyo angubwira, utagira gabuba mubuzima bwawe, kukaryaki kyangwa ukangwaki, kyangwa kubera buzima bwawe, kyangwaku ka yambaraki mbesi! Buzima buta sumba binyo na mubiri kusumba myenda? 26 Reba nyoni ziriruguru bata tera ne oharura bata runda ne bika haguma, ariko data wenyu womwijuru amarisabo, Kibyo imwe sibamaana kwisu mbabo? 27 Ninde mwimwe wanga shobora neyongera ku buzima bwiwe?

28 Kuberaki imwemwe amugira buba majiha abana benyu bobindubija, basa byangabula bweshobokote data wo mwijuru angabula bwebaha bindu biji kubali bana musenga? 29 Ingye amba bwira Kubebyebyo, niba Saromo na bandi bandu, nawe nibyarazima ukorerebo batyo kubera ikora byatyo ni tegeko rya muhanutsi 30 Niba Mana ana yambitsa byatsi mumurima, yara yanamara musi muguma nejo batwika byo mumuriro, kwibyo ni binganote byakabayambitse mwemwe, imwemwe bandu bamwizero muke? 31 Kwibyo mutagirage buba negamba, mbesi tukaryaki? Kyangwa, mbesi tukanywaki? 'Kyangwa mbesi tukayambara myendaki?' 32 Kubera bandu abashaka amagambwaga, na data wenyu ebindwibi wo mwijuru ahiji kumu kundine byebyo, 33 Ariko kwanza shaka bukuru bwiwe na kuri kwiwe ne byoshe byo biba yija kwawawe, 34 Kwibyo, utagirage buba kuberejo, kuberejo ikakishugurikira yonyine, Ariko musi guto shize kwigira bibazo biwe yonyine.